Michelle Yeoh wamamaye muri sinema ku rwego mpuzamahanga ari mu biruhuko mu Rwanda aho yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi, ndetse asura n'Ingagi muri Pariki y'Ibirunga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yakiriye kopi z’impapuro zemerera Ambasaderi Irene Vida Gala, guhagararira Brazil mu Rwanda
Tuyishime Josue niyo mazina yiswe n’ababyeyi ariko ni icyamamare by’iteka ryose mu muziki nyarwanda ku izina rya Jay Polly cyangwa se Kabaka, uyu ni umwe mu bacurabwenge b’injyana ya Hiphop mu Rwanda ndetse akaba umwe mu banyamuziki bakomeye u Rwanda rwagize.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga