Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali yatangaje ko mu minsi itanu hafashwe litiro zisaga ibihumbi 17 z’inzoga zitujuje ubuziranenge, ndetse na litiro 89 za Kanyanga, zose zikaba zamenwe
Umuhanga mu bya siyansi mu bijyanye n’imitekereze, Robert O. Duncan, avuga ko kurota bifasha umuntu kuyungurura amarangamutima nibyo yanyuzemo umunsi wose ndetse bigacubya uburakari yagize.
Umuhanzi Yvan Muziki yatangaje ko igitaramo ari gutegura cyo kumurika album ye ya mbere yahuje n'umunsi w'abakunda 'Saint Valantin', ari icyimenyetso cy'uko agarutse mu muziki mu buryo bwuzuye
Abahinzi b'umuceri bo mu Murenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi barishimira ko bagiye guhambwa indishyi nyuma yuko imvura nyinshi yangije hegitare 80 z'umuceri bari barahinze