Inkuru Nshya

Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’u Bwami bwa Jordan batanze inkunga y’ubutabazi bageneye abaturage bo muri Gaza bamaze umwaka bibasiwe n’intambara.
Ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, uzwi nka La Corniche (Grande Barriere), hagiye kubera ibiganiro bihuza intumwa z’ibi bihugu byombi n'iza Angola.
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi kw’izina rya Fatakumavuta yongeye kwitaba urukiko rwa Kicukiro, nyuma yuko mu cyumweru gishize yari yasabye ko urubanza rwe rwakimurwa kubera ko atiteguye kuburana.