Inkuru Nshya

Umuhanda Nyacyonga–Mukoto Perezida Kagame yemereye abaturage watangiye gushyirwamo kaburimbo

Ikipe za Vincent/Prince na Uwase/Ingabire zegukanye Shampiyona y’u Rwanda ya Beach volleyball

Handball: APR HC yagarukanye Police HC mu mikino ya kamarampaka

Tariki 29 Kamena 1994 : Uwari Minisitiri w’ingabo w’u Bufaransa yasuye ingabo zari muri Operation Turquoise 

Ikipe ya Gorilla FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 6 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025
Umuyobozi Mukuru wa INES Ruhengeri, Myr Harorimana Vincent, yavuze ko ubwinshi bw'abasoza amasomo muri iyi Kaminuza bujyana n'ireme ry'uburezi n'uburere bahavana
Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza ya East African Univertsity Rwanda (EAUR), Prof. Kabera Callixte, yasabye abasoje amasomo muri iyi kaminuza, kwiga kubyaza imbogamizi bahura nazo mo amahirwe yabateza imbere
Ubushakashatsi bushya ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda bugaragaza ko inkingi y'umutekano n'ituze bikomeje kuza ku isonga mu zindi nkingi zose z’imiyoborere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikibuga cy’indege cya Goma kidakwiye gufungurirwa i Paris mu Bufaransa, kuko ibibazo byatumye gifungwa atariho biri
Ndindabahizi Faustin wari umaze imyaka irenga 30 yihishe kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatawe muri yombi
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa,ryashwishurije igihugu cy’ubufaransa bwayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma
Israel Mbonyi n’abandi bahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana baraye batanze ibyishimo n’umunezero udasanzwe mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasubitse igitaraganya uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma yuko aketse ko haba hari umugambi wo kumuhirika ku butegetsi
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire, Rwanda Housing Authority (RHA), cyatangaje ko imirmo y'umushinga wo kuvugurura no kwagura ibitaro bya Masaka igeze ku kigero cya 96%

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka