Inkuru Nshya

Parike y'Akagera, iherereye mu Burasirazuba bw'u Rwanda, yashyizwe ku rutonde rw'ahantu 25 h'ingenzi ku Isi ho gusura mu mwaka wa 2026, nk’uko byatangajwe n'ikinyamakuru National Geographic
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kiagli ifatanije n’izindi nzego ndetse n’abaturage yafashe abagabo babiri bacuruza urumogi mu baturage.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Somalia, Abdisalam Abdi Ali, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi
Abbé Claude Talbot ufite inkomoko mu Bubiligi wari umaze imyaka irenga 58 yigisha mu iseminari nto yo ku Karubanda,Virgo Fidelis, yo muri Diyosezi ya Butare, yitabye Imana azize uburwayi.
Imodoka yo mu bwoko bwa Minibus, yakoreye impanuka mu Karere ka Ngororero kuri uyu wa 26 Ukwakira 2025, ihitana abantu batatu, abandi 15 barakomereka.
Ku munsi w'ejo tariki ya 25 Ukwakira 2025, u Rwanda rwasubije imodoka eshanu zari zaribwe muri Afurika y’Epfo.
Mu karere ka Gicumbi , batashye ikiraro cyo mu kirere  kirere gihuza abatuye mu Mirenge ya  Bwisige, Nyamiyaga, cyuzuye gitwaye asaga miliyoni 163 frw.
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Bernadette Arakwiye, yatangije ku mugaragaro igihembwe cyo gutera ibiti cya 2025–2026, ndetse yibutsa Abanyarwanda akamaro k’ibiti mu gutuma ubuzima bugenda neza.
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, yifatanyije n’abatuye akarere ka Karongi mu muganda, ahatewe ibiti kuri site ya Muciro, abasaba kubibungabunga.
Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23,Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame ndetse agira icyo avuga ku makuru amaze iminsi avugwa ko yarashwe,anavuga ku kigiye kuba nyuma yo kuraswaho n’indege za FARDC.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka