Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kudatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano muri Afurika
Umunyarwandakazi Melissa Akanigi Ishimwe yashyikirijwe impamyabushobozi yo kuba yinjijwe mu banyaduhigo ba 'Guinness World Records' nyuma yo gukina imyobo 18 y’ikibuga cya Golf mu minota 52 gusa
Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) irasaba inganga z'abakora imyuga itandukanye kuzajya bagira uruhare mu gutegura integanyanyigisho zikoreshwa mu mashuri makuru n'aza Kaminuza hagamijwe kunozwa ireme ry'uburezi bwayo
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa, yongeye kwibutsa umukunzi we Sharon Gatete, ko ari impano y'agahebuzo Imana yamuhaye mu buzima bwe
Ubuhinzi ni urwego rutanga amahirwe y’iterambere, kandi uyu munsi Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo gushishikariza urubyiruko kwibona mu buhinzi nk’inzira yo kwihangira imirimo, kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no kurwanya imirire mibi
Umunyamabanga wa Leta muri MINAFFET, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye kopi z’impapuro zemerera Casper Stenger Jensen, guhagararira Denmark mu Rwanda, akazaba afite icyicaro i Kigali
Umunyarwenya G-Tuff, umaze kumenyerwa mu biganiro bisetsa ku rubuga rwa Youtube, yatumiwe mu iseka rusanjye rya Gen-Z Comedy, rizaba tariki ya 28 Kanama 2025