Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yaburiye Etienne Gatanazi ukomeje guha urubuga abagize uruhare muri muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 barimo Charles Ndereyehe Ntahontuye wahamijwe ibyaha bya Jenoside agakatirwa burundu
Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB), rwatangaje ko hatangiye ibikorwa byo kureba uko ibirwa byo mu kiyaga cya Kivu byahindurwa Pariki y’Igihugu bikinjiriza igihugu binyuze mu bukerarugendo.
Ikipe ya Musanze FC yo mu Ntara y’Amajyaruguru yatangaje ko yasinyishije abakinnyi babiri Hertier Lulihoshi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uyisubiyemo n’umunya-Cameroon Bakari Francois Landry.
Myugariro w’umunyarwanda Manzi Thierry yatandukanye n’ikipe ya Al Ahli Tripoli SC yo muri Libya nyuma y’imyaka 3 yari amaze ayikinira.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Al Ahly SC Wad Madani yo muri Sudani ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama 2026.
Kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Gisagara habereye ubukangurambaga bwo konsa neza, mu rwego rwo gushishikariza ababyeyi konsa abana neza no kubarinda ibibazo by’imirire mibi n’igwingira.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda miliyoni 12.95$ asaga miliyari 19 Frw mu minsi itanu.
Gorilla FC yatsinze Kigali FC ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, mu gihe amakipe yombi akomeje imyiteguro y’umwaka w’imikino wa 2026-2027.
Umugabo wo mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke, arakekwaho kwica umugore we akoresheje icyuma nyuma na we akikomeretsa ku ijosi, mu gihe bari bamaze amezi umunani babana, aho abaturanyi bavuga ko babanaga mu makimbirabe.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka