Ikipe ya Musanze FC yo mu Ntara y’Amajyaruguru yatangaje ko yasinyishije abakinnyi babiri Hertier Lulihoshi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uyisubiyemo n’umunya-Cameroon Bakari Francois Landry.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Al Ahly SC Wad Madani yo muri Sudani ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama 2026.
Kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Gisagara habereye ubukangurambaga bwo konsa neza, mu rwego rwo gushishikariza ababyeyi konsa abana neza no kubarinda ibibazo by’imirire mibi n’igwingira.
Gorilla FC yatsinze Kigali FC ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, mu gihe amakipe yombi akomeje imyiteguro y’umwaka w’imikino wa 2026-2027.
Umugabo wo mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke, arakekwaho kwica umugore we akoresheje icyuma nyuma na we akikomeretsa ku ijosi, mu gihe bari bamaze amezi umunani babana, aho abaturanyi bavuga ko babanaga mu makimbirabe.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga