Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ritazongera gukora ikosa ryo kwemera ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) zisubira mu bice ryavuyemo, nk’uko byari byasabwe n’abategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro rwasinyanye na RDcongo ariko ko rutazihanganira ikizahungabanya amahoro n'umutekano by'Abanyarwanda.
Mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, abantu bane bitabye Imana hakekwa inzoga banywereye mu bukwe, bikekwa ko yari ihumanye, abandi bajyanwa mu bitaro .
Stella Rusine Nteziryayo yahererekanyije ububasha na Kampeta Pitchette Sayinzoga yasimbuye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Banki y'Amajyambere y'u Rwanda, BRD.