Inkuru Nshya

Rutahizamu ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Joy-Lance Mickels, yafashije ikipe ye ya Sabah FK yo muri Azerbaijan kugera mu ijonjora rya kane ari naryo rya nyuma igahita ijya muri UEFA Champions League.Mu mukino Sabah FK yakiriyemo AGF yo muri Denmark kuri Bank Respublika Arena, Joy-Lance Mickels yatanze umupira wavuyemo igitego ndetse atsinda n’igitego cya gatatu cyo ku munota wa 78 mu bitego 4-0 Sabah FK yatsinze.
Ku wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa y'urwego rushinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police) ku basirikare 146.
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Dr Shema Ngoga Fabrice usanzwe ari Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, akaba n'Umuyobozi Mukuru w'Ikigo Africa Medical Supplier Plsc Rwanda.
Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika y'Iburasirazuba no Hagati, CECAFA, yahaye u Rwanda uburenganzira bwo kwakira irushanwa rya CECAFA Kagame Cup imyaka ibiri ikurikirana ya 2027 na 2028.
Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) kirasaba abantu bakunda kunywa inzoga nyinshi, kwitondera ibimenyetso bashobora kugaragaza ko batangiye kuba imbata z'inzoga,bityo bagashaka ubufasha bw’abaganga hakiri kare.
Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Armenia, Vahagn Khachaturyan, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu nka Ambasaderi utahafite ibiro.
U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga yita ku mutekano muri Afurika (ISCA), izahuza abayobozi n’inzobere mu by’umutekano, abafata ibyemezo n’abashakashatsi bazaganira ku ngaruka z’izamuka ry’ikoranabuhanga ryigenga ku mutekano muri Afurika.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yavuze ko gahunda yo gukingira amatungo no guhangana n’indwara z’ibyorezo itanga icyizere ko amatungo azongera kugera ku masoko, bityo n’ibiciro by’inyama bikazagenda bigabanyuka.
Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga (Miss) w'u Rwanda muri 2020 yagaragaje ko we n'umugabo we Michael Tesfay benda kwibaruka imfura yabo.
Polisi y’u Rwanda yaburiye abategura ibirori byo mu ngo bagakoresha ibinobwa bitujuje ubuziranenge birimo n'ibyakuwe ku isoko.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka