Nta cyumweru gishize umuhanzi The Ben, asohoye mu buryo bw’amajwi indirimbo ye nshya yise” Indabo Zanjye” , ikubiyemo ubutumwa bugaruka cyane kuri Bruce Melodie bamaze imyaka 5 bombi ari hasi hejuru.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko impanuka ikomeye y’ikamyo itwara ibikomoka kuri peteroli yabereye mu Karere ka Kicukiro, ku mugoroba wo ku wa Mbere, yahitanye abantu batanu, abandi icyenda barakomereka
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga