Inkuru Nshya

Irushanwa Mpuzamahanga rya Tennis “Rwanda Open M25” riri kubera ku bibuga bya Tennis muri IPRC Kigali, ryakomeje kuri uyu wa Kabiri hakinwa imikino ya 1/16, Abanyarwanda babiri bahita basezererwa
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj Gen Odawa Yusuf Rage, ari kumwe n’itsinda ayoboye basuye Icyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda giherereye i Kimihurura, mu Mujyi wa Kigali
Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya, Lt Gen (Rtd) Charles Kayonga, yagaragaje ko iterambere u Rwanda rugezeho, rubikesha imiyoborere myiza no gukunda igihugu bya Perezida wa Repubulika Paul Kagame
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,ryigaruriye uduce tubiri duherereye muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Rutahizamu w’umunya Ghana, Michael Sarpong, wakiniye ikipe ya Rayon Sports, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Tierra Wright
Umusirikare w’u Rwanda , RDF, Sgt Sadiki Emmanuel ,wari umaze igihe afungiwe mu Burundi , yamaze kugarurwa mu gihugu .
Abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu batawe muri yombi bakekwaho kunyereza umutungo wagenewe gusana inzu z’abarokotse Jenoside.
Kalisa Adolphe 'Camarade' wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yamaze kujuririra icyemezo cyo kumufunga iminsi 30 y'agateganyo.
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko igihembo cy'ishimwe mu guteza imbere ubuzima bw'abagore aherutse guhabwa na FIGO, agitura abagore, abakobwa n'urubyiurko batera imbaraga umuryango wa Imbuto Foundation mu rugendo rwo kwiyubaka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwatashye Ikigo Nderabuzima cya Nyamagabe ijyanye n’icyerekezo yuzuye itwaye miliyoni 410 frw, bunagenera igikoma umubyeyi wa mbere wayibyariyemo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka