Inkuru Nshya

Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr. Mark Bagabe yagaragaje ko mu cyerekezo 2050, hazajya hakorwa ubuhinzi bushingiye ku masezerano n'ibigo by'imari ku buryo umuhinzi atazajya ashora adafite isoko azagemurira
Abaturage bo mu Murenge wa Ruli, mu Karere ka Gakenke, barashimira Leta y’u Rwanda ku ruhare rukomeye yagize mu guteza imbere ubuhinzi, bavuga ko ivugururabuhinzi ryabagejeje ku musaruro mwinshi no ku mibereho myiza kurusha mbere
Ikigega Mpuzamahanga cy’Iterambere, OFID cyasinyanye amasezerano n’u Rwanda ya miliyoni 300$ (arenga miliyari 432 Frw), azashorwa mu bikorwa by’iterambere mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere.