Inkuru Nshya

Perezida Paul Kagame, yageze i Lomé muri Togo aho yitabiriye inama yo guteza imbere urwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika (African Air Transport Convention and Expo (AATCE).
Abaganga b’inzobere mu kuvura indwara z’umutima mu bana baturutse muri Israel bageze i Kigali aho bagiye kumara icyumweru bavura abana bafite ibibazo bitandukanye by’umutima.
Minisitiri wa Siporo yatangaje ko Isiganwa Mpuzamahanga ry'Amahoro ryabereye i Kigali mu mpera z'icyumweru ryitabiriwe n'abasaga ibihumbi 9500 baturutse hirya no hino ku Isi
Ku itariki ya 15 Kamena 1994, MINUAR yari yatwaye bamwe mu Batutsi batri kuri Sainte Famille ibajyana mu gace kari mu maboko ya FPR Inkotanyi. Hagiye cyane cyane abagore, abakobwa n’abana.
Abasirikare batatu bo mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo ya gisirikare mu bihugu bifitanye ubushuti n’imikoranire mu bya gisirikare n’u Rwanda birimo u Buhinde ndetse na Jordan
Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, akaba n’umuyobozi wa MONUSCO, James Swan, yatangaje ko ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye buzakomeza gushyigikira ibikorwa bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC
Abadepite bahagarariye Intara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo batangaje ko bahagaritse by’agateganyo kwitabira imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko, mu rwego rwo kwamagana kutemerwa ko haganirwa ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kugaragara mu Burasirazuba bw’Igihugu
Aya matariki ya Kamena 1994 yaranzwe ahanini no gutsindwa kw’ingabo za Guverinoma y’abicanyi zitakaza ibice byinshi by’Umujyi wa Kigali n’Umujyi wose wa Gitarama wabohowe mu ijoro ryo ku wa 13-14 Kamena 1994.
Abanya-Kenya begukanye Full Marathon mu bagabo no mu bagore ndetse na Half Marathon mu bagabo, Umunyarwandakazi yegukana Half Marathon mu bagore, mu Isiganwa Mpuzamahanga ry'Amahoro rya Kigali ryabereye mu Rwanda ku nshuro yaryo ya 21.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka