Inkuru Nshya

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko ruri gushaka abafatanyabikorwa  b’igihe kirekire bo gucunga ibishanga bitanu byo mu mujyi wa Kigali bigeze kure bitunganywa hashorwa imari mu bikorwa byo kubibyaza umusaruro.
Perezida Paul Kagame yasabye ba Ofisiye Bakuru barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama kurangwa n’ubutwari, ubushishozi no kugira intego isobanutse, agaragaza ko ari byo bituma umuyobozi afata ibyemezo bikwiye mu bihe bigoye kandi bikagira uruhare mu kurinda Igihugu
Mu igororero rya Nyamasheke kuri uyu wa Gatanu habereye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa y'abagororwa bahamwe n'ibyaha bya Jenoside bagiye kurangiza ibihano.
U Bwongereza bwahaye u Rwanda ibihumbi 800$ asaga miliyari 1,5 Frw yo kwifashisha mu bikorwa byo kurwanya icyorezo cya Ebola gikomeje kwiyongera muri bimwe mu bihugu by’ibituranyi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhingirehe, yashimiye uburyo umubano hagati y’u Rwanda na Zimbabwe ukomeje kuzamuka binyuze mu bufatanye mu nzego zitandukanye.
Inteko Ishinga Amategeko yemeje ko mu mwaka wa 2026/2027, u Rwanda ruzakoresha ingengo y’imari ya miliyari 7.796,3 Frw, ikaziyongeraho miliyari 844,2 Frw ugereranyije na miliyari 6.952,1 Frw ziri mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.
Kuri uyu wa Kane ubwo hasuzumwaga ishingiro ry'umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta ya 2026/2027,Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko umwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27, uzibanda ku gushyiraho ingamba zo kongera umusaruro by'umwihariko mu buhinzi.
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yatangaje ko Depite Icyitegetse Venuste wari uhagarariye urubyiruko, yandikiye Perezida w’Umutwe w’Abadepite amumenyesha ko yeguye ku nshingano ze, ku mpamvu ze bwite

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka