Minisitiri w’Ubuzima,Dr Nsanzimana Sabin, yaganiriye na Ngirinshuti Manasseh wo mu karere ka Gisagara,Umurenge wa Musha, umaze imyaka 16 ari umujyanama w’Ubuzima, amuhishurira icyamushoboje.
Umuryango Nyarwanda wita ku buzima HDI, wagaragaje ko mu bushakashatsi bakoze mu mwaka wa 2024, babukoze ku bakozi bo mu rugo mu Mujyi wa Kigali, bwagaragaje ko abarenga 287 bavuze ko bigeze gutekereza kwiyahura
Ambasaderi uhagarariye u Rwanda mu Kanama ka Loni, Martin Ngoga, yagaragaje ko ikeneye gushyiraho uburyo bunoze bwo gukemura ibibazo bikibangamiye ibikorwa byo kubungabunga amahoro, iby'imiyoborere n’ubushobozi buke mu bijyanye n’imari.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro u Rwanda, haba mu Mujyi no mu cyaro, byiyongereyeho 6,4% ugereranyije na Kanama 2024.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga