U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bigiye kongera guhurira mu biganiro bigamije gushimangira amahoro n’umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari
Ikipe ya El Merriekh SC Bentiu yo muri Sudani y’Epfo yasinyishije abakinnyi barimo Serumogo Ali Omar utandukanye na Rayon Sports na Shaban Hussein Tshabalala wakiniraga Musanze FC
Itsinda ry’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo z’u Rwanda, ku bufatanye na ba Jamaica, batangije ibikorwa byo kubaka no gusana ibikorwaremezo byangijwe n'umuyaga wa Melisa ahitwa St James Parish.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Dr Usta Kaitesi , kuwa 19 Mutarama 2026, yakiriye Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda, Hanan AbdelAziz Elsaid Shahin.