Inkuru Nshya

Al Hilal SC na Al Merrikh SC zitwaye neza muri CAF Champions League

Igitego cyo hanze cyafashije Rayon Sports gusezerera Panthère Sportive du Ndé FC muri CAF Confederation Cup

Imodoka yari itwaye abagororwa 40 yakoze impanuka, batandatu barakomereka

Inyange yavuze ku izamuka ry’ibiciro by’amata yayo ku isoko

Uwo munsi, interahamwe ziyobowe na Obed Ruzindana wari umucuruzi ukomeye akanazitwara mu modoka ye, zishe Abatutsi benshi bari barahungiye mu misozi ya Bisesero.
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi b’ibigo bya leta.
Perezida Paul Kagame, yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye za Leta, hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 111, iya 112 n’iya 116.
Mu Karere ka Nyamagabe hizihirijwe umunsi mpuzamahanga w'ingo mbonezamikurire z'abana bato (ECD) hashimwa uruhare rwazo mu mu kugabanya igwingira mu bana bato
Mu Karere ka Nyagatare hatangijwe gahunda yo kuvugurura amakusanyirizo y’amata, mu rwego rwo kongera ubuziranenge bw’amata, aho amenshi muri yo yari amaze gusaza atakijyanye n’ibipimo bisabwa mu kubungabunga amata.
Mu murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu hagiye kuzura inzu 870 zigenewe gutuzwamo imiryango yo mu mirenge itandukanye y’aka karere yasenyewe n’ibiza mu 2023.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kongerera amasezerano ba myugariro babiri bo ku mpande mu gihe batatu mu bo hagati bayisanzwemo iteganya kubarekura.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kuba kuri ubu umubano w’u Rwanda n’u Burundi udahagaze neza atari ikosa ry’u Rwanda ahubwo ko biterwa n’ubuyobozi bw’iki gihugu burangajwe imbere na Perezida Ndayishimiye.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka