Inkuru Nshya

 Minisitiri w’Ibidukikije w’u Rwanda, Dr. Arakwiye, yagaragaje ko hakenewe ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere n’ikoreshwa rya pulasitiki.
Ikipe ya Australia yegukanye gusiganwa n'igihe kw'amakipe ku munsi wa kane wa Shampiyona y'Isi y'Amagare, irusha u Rwanda iminota 8 n'amasegonda 38
Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko gahunda yabo ari ugukuraho perezida Felix Tshisekedi,aha inkwenene Tshisekedi ushukisha Perezida Donald Trump amabuye kandi nta kirombe agira, anenga abashinja u Rwanda gufasha uyu mutwe wa M23 .
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène , yasabye abagororwa bitegura gusubira mu buzima busanzwe kubwiza ukuri amateka ya Jenoside urubyiruko rurimo n’abana babo.
U Rwanda rwakiriyeitsinda ry’abaturage 314 babarizwaga mu miryango 101, batashye ku bushake,bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere ya Sena yatangiye igikorwa cyo kugenzura uruhare rw’ihame ry’uburinganire mu guteza imbere umuryango nyarwanda.
Guverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko ishimira abakinnyi bitabiriye amarushanwa mu minsi itatu ishize yo gusiganwa n’ibihe buri muntu ku giti cye ndetse inashimira abaturage baje gufana .
Ubuyobozi w'ikipe ya Gasogi United, bwatangaje ko bugeneye intebe y'icyubahiro (VVIP) nk'igimbo cyo kutaboneka mu kibuga Kwa Ndikumana Asumani wa Rayon Sports, utazabasha gukina umukino uzabahuza.
Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umukino w'Amagare (FERWACY) ryatangaje ko ryiteguye gufasha Nsengimana Jean Bosco,watwaye isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda, ariko nyuma aza kuva mu mukino w’amagare.
Igitaramo cy’urwenya Gen - Z comedy Show ni kimwe mu bitaramo bimaze kubaka izina ahanini biturutse ku buryo gihuriza hamwe : urwenya,umuziki ndetse n’ubundi buzima bw’abatura Rwanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka