Inkuru Nshya

Ingabo z’u Rwanda zigize itsinda rya kabiri ryoherejwe mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (Rwanbatt-2), zakiriwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Ingabo za Loni muri aka gace, Maj Gen Nakul B. Rayamajhi
MINAGRI ivuga ko igihembwe cy’ihinga cy’umuhindo kizatangirana n’umwaka wa kabiri wa NST2, kizakorwamo akazi kenshi hagamijwe kugera ku ntego Igihugu cyihaye yo kuzamura umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo ku kigero cya 50%
Urugendo rwa Dr. Sina Gerard, wiyubatse buhoro buhoro, abihereye ku bucuruzi buto bwo mu cyaro, akaza kugera ku rwego rwo hejuru nk’umwe mu baherwe 10 ba mbere mu Rwanda
Dr Aisa Kirabo Kacyira wari Umuyobozi w’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bitanga Ubufasha, akaza kwitaba  Imana azize uburwayi, azashyingura ku munsi w’ejo tariki ya 19 Kanama 2025, mu irimbi rya Rusororo
Raporo ya Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA ivuga ko abantu batatu bitabye Imana, abandi 11 barakomereka kubera imvura nyinshi yaguye ku matariki ya 17-18 Kanama uyu mwaka
Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo usuzumwe mbere yo kwemerwa
AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ryatangaje ko ingabo za FARDC n’abandi barwanyi bafatanya nayo bateye ibisasu biremereye mu bice bituyemo abaturage benshi
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Kanama 2025, harakomeza urubanza mu muhezo rw’abantu barimo abanyamakuru n’abasirikare mu ngabo z’u Rwanda, bakekwaho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo utagenewe
Ikigo Nyarwanda gikora imiti, Labophar Ltd, cyasinyanye amasezerano n’Ikigo Philex gikora imiti n’ibikoresho byo kwa muganga muri Qatar
Hashize imyaka 25 hatangiye  politiki yo kwegereza ubuyobozi abaturage, ndetse hatewe intambwe mu nzego zitandukanye byatumye ubuyobozi burangwa na demokarasi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka