Inkuru Nshya

Muri Mutarama 2024 ni bwo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yafunze imipaka yose yo ku butaka ihuza u Rwanda n’u Burundi arushinja gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu cye binyuze mu gufatanya n’umutwe wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bwa Gitega, ibirego u Rwanda rwamaganiye kure rugaragaza ko ntashingiro bifite.
Polisi y’u Rwanda yavuze ko yahannye umugabo w'umuzungu wagaragaye aparika imodoka mu muhanda rwagati aho yatangaje ko uyu muntu yahanwe k’ubw’amakosa yakoze
Ikigo cya CPF Group, gikomoka muri Kenya cyafunguye ku mugaragaro ishami mu Rwanda, aho kizajya gishora imari igatera inkunga imishinga minini y’igihe kirekire, mu guteza imbere ubukungu no kuzamura imibereho myiza y’abaturage
Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), basoje amahugurwa y’ibanze yo guhangana n’iterabwoba bari bamazemo ibyumweru 22
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko nyuma y'ibihe bibi bya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda rwanyuzemo , rwafashe ingamba zo kudasubira muri ayo mateka bityo rwahisemo kurinda imbibi n'abaturage b'igihugu .
Perezida Kagame yagaragaje uburyo abantu bamwe baganira yasanze bahuza imyemerereye ye ku madini n'ibibazo by'umutekano muke biri mu Karere, bigira ingaruka ku Rwanda
Guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2026, Umunyamakurukazi Anita Pendo ndetse n’umuhanga mu kuvanga imiziki Dj Bissoso, baraza kongera gufatanya mu kiganiro gishya cyiswe, Friday Airline Live Show gitambuka kuri BTN TV.
Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rubinyujije mu kinyobwa cyarwo cya “Cheetah Energy’’, rwongereye amasezerano y’imyaka ine n’Ishyirahamwe rya Basketball (FERWABA), afite agaciro ka miliyoni 700 Frw.
Umuhanzikazi Bwiza kuri ubu urikubarizwa i Stockholm muri Suède aho azataramira ku wa Gatandatu, yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Suède  agirana ibiganiro na Dr. Diane Gashumba , Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède