Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, Abakirisitu Gatolika hirya no hino ku Isi bizihije Uwa Gatatu w’Ivu, umunsi utangiza ku mugaragaro igisibo cya Kiliziya Gatolika kimara iminsi 40
U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire y’imyaka itatu n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu Bwenge Buhangano cya Anthropic PBC, hagamijwe guteza imbere ikoreshwa rya AI mu nzego zirimo uburezi, ubuzima n’imiyoborere ya Leta
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro 12 yafatiwe mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, igabanyije mu ngeri eshatu zirimo ubukungu, imibereho myiza n’imiyoborere
Ikipe ya APR FC yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, mu mukino ubanza wa 1/8 cy'Igikombe cy'Amahoro
Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Gashyantare 2026
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga