Mu Karere ka Nyagatare hatangijwe gahunda yo kuvugurura amakusanyirizo y’amata, mu rwego rwo kongera ubuziranenge bw’amata, aho amenshi muri yo yari amaze gusaza atakijyanye n’ibipimo bisabwa mu kubungabunga amata.
Mu murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu hagiye kuzura inzu 870 zigenewe gutuzwamo imiryango yo mu mirenge itandukanye y’aka karere yasenyewe n’ibiza mu 2023.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko kuba umubano w’u Rwanda na Congo utazahuka biterwa n’impamvu zitandukanye zirimo izishingiye ku mateka y’ibihugu byombi ndetse n’izishingiye ku Banye-Congo ubwabo
Uyu mukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Chad, ufite uburebure bwa 1.99 m, yakiniraga Casric Stars FC yo muri Afurika y'Epfo kuva muri Mutarama 2025. Mbere yaho yakiniye CR Bernoussi muri Maroc, Colombe Sport na Apejes FC zo muri Cameroun.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga