Isaac Niyonizeye yashinje kompanyi itubura ibirayi yise 'Mahwiyacu Ltd', ndetse kuri ubu ntitwareka kuvuga ko iyi kompanyi yabereye igisubizo abahinzi bo mu turere ikoreramo aritwo Burera, Gicumbi na Musanze
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe,yagiranye ibiganiro n'Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Veronica Nduva, byibanze ku kunoza imikoranire ihuriweho
Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangaje ko mu mmpera z’uyu mwaka wa 2025, iteganya gukora ingendo ziijya Mombasa muri Kenya na Zanzibar muri Tanzania.
Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko kwagura Pariki y’Ibirunga kugirango harushesho kuba heza, ndetse no kuba bizagira uruhare mu guhindura imibereho y'abaturiye iyi pariki, ari ikimenyetso cy'uko kubungabunga ibidukikije n’iterambere bidatana
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga