Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye (A’Level) mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025 azatangazwa ku wa Mbere, tariki ya 01 Nzeri 2025, guhera saa cyenda z’amanywa
Niyigaba Clement wamamaye ku izina rya 'DC Clement' mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ari mu byishimo bikomeye, aho we n’umufasha we Manzi Ariane bibarutse abana b’impanga,mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu
Mu rwego rwo guteza imbere imibereho y’abaturage bagiye kwimurwa mu gice kizagurirwamo Pariki y’Ibirunga, hafunguwe ku mugaragaro ikigo cy’ubuhinzi bw’imboga giherereye mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze