Inkuru Nshya

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta ku Isi

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro rya AFC/M23 basubiye i Doha muri Qatar mu rwego rwo kugira ngo basinye amahame aganisha ku masezerano y’amahoro.
Abagenzi bakoresha ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, giherereye i Kanombe, bashimiwe, bagenerwa impano zitandukanye mu rwego rwo kwizihiza icyumweru cyahariwe gutanga serivisi nziza .
U Rwanda na Guverinoma y'u Budage basinye amasezerano yo guteza imbere gahunda zigamije gufasha abaturage kwiteza imbere no kuva mu bukene ya Miliyoni 18 z’Amayero asaga miliyari 30,5 Frw
Mu mpera z’icyumweru gishize, tariki 05 Ukwakira 2025, rutahizamu w’ikipe ya APR FC ndetse n’ikipe y’Igihugu “AMAVUBI” , Mugisha Gilbert uzwi cyane ku izina "Barafinda" yakoze ubukwe n’umukunzi we Mpinganzima Josephine.
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda
Abakinnyi babiri ba APR FC barimo umunya-Ghana, Dauda Seidu Yussif ndetse n'umunya Maurtania, Mamadou Sy, bashobora guhanwa bikomeye n’ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC nyuma y'uko bitwikiriye ijoro bagatoroka kuri Hotel bari bacumbitsemo mu Misiri

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka