Inkuru Nshya

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (International Monetary Fund – IMF), cyatangaje ko Inama y’Ubutegetsi bwacyo yemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo guhabwa inguzanyo ya miliyoni 250 z’amadolari ya Amerika, ubwo ni asaga miliyari 364,2 Frw
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko n’ubwo ikiguzi cy’ibikomoka kuri peteroli gikomeje kuzamuka, leta nayo iri gukora ubushoboka byose kugira igiciro cy’ibicuruzwa n’ik’ingendo rusange ntikiremerere abaturage ariko nabo babigizemo uruhare.
Uru ruganda rwari umuterankunga mukuru wa Rayon Sports, rwasinyanye na yo amazerano y’imikoranire bwa mbere muri 2014.
Ikigo cy'igihugu cy'ibarurishamibare kigaragaza ko mu Rwanda indwara zitandura zikomeje kwiyongera aho hafi ½ cy’ imfu ziterwa n’ indwara zitandura zirimo nk’indwara z’umutima, diyabete, kanseri n'izindi.
Miliyoni 50 Frw zari zatanzwe na guverinoma zashyizwe mu bikorwa byo kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi mu cyiswe “Auto-defense civile” nk’uko bigaragara muri Agenda y’uwari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Edouard KAREMERA.
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zigize Urwego rushinzwe uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu Ngabo z’Igihugu zatangije umwiherero ugamije kwiga ku buryo bwo kurushaho kwimakaza ihame ry’uburinganire no kongerera ubushobozi abagore n’abagabo bakorera mu Ngabo z’u Rwanda
Iki kigo kizafasha igihugu kwihutisha iterambere ry’ikoranabuhanga, guhanga ibisubizo, gushyira mu bikorwa, ishoramari n’imiyoborere; hagamijwe gushyigikira impinduramatwara mu ikoranabuhanga no guteza imbere ubukungu bw’u Rwanda.
Urukiko rwa rubanda rw’ubujurire mu Bufaransa rugiye gutangira kuburanisha urubanza rwa Dr. Eugène Rwamucyo, wajuriye igihano cy’igifungo cy’imyaka 27 yari yarakatiwe n’urukiko mu Ukwakira 2024
Imbere mu bayobozi b’umutwe wa RNC byadogeye nyuma y’uko bamwe batangiye kubona ko ibyo bijejwe n’umuyobozi w’uyu mutwe Kayumba Nyamwasa atari ibyo kwizerwa ndetse nawe akaba atakibonwa nk’umwizerwa.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka