Inkuru Nshya

Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru by’umwihariko ku Rwanda
Rayon Sports yanganyije na Al Hilal SC igitego 1-1 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 19 wa Shampiyona y'u Rwanda
Kwikinisha ni igikorwa abagore cyangwa abagabo bakora bagamije kugira ibyiyumviro ndetse n’ibyishimo nk’iby'umuntu uri gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo badahuje igitsina yumva, ku buryo bamwe babisimbuza kuryamana n’abo bashakanye
Umubiligi De Clercq Matthijs ukinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda ya 2026, k'ibilometero 127,2 kava Karongi kerekeza Rubavu
Abakozi bakora ibiraka mu Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), abazwi nka banyakabyizi barasaba ko bishyurwa ibirarane by’amezi atatu baberewemo, aho kuri ubu batorohewe n’ubuzima
Abayobozi b’Ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare bafatanyije n’ab’Uturere twa Gatsibo na Nyagatare mu gufata mu mugongo umuryango waburiye umwana mu mpanuka yabaye ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA, yatangaje ko mu minsi 22 gusa y’ukwezi  kwa Gashyantare ibiza bimaze guhitana abantu 15, bikomeretsa 49 ndetse byangiza n’ibindi bikorwa byinshi.
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santrafurika, zikorera i Bria, zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu mu Igororero rya Bria.
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y'inkunga n'ikigega Mpuzamahanga giteza imbere Ubuhinzi (International Fund for Agricultural Development-IFAD), agamije guhindura no guteza imbere urwego rw'ubuhinzi.