Inkuru Nshya

Police VC ibaye Ikipe ya mbere mu Rwanda igeze ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,ryigaruriye uduce tubiri duherereye muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Rutahizamu w’umunya Ghana, Michael Sarpong, wakiniye ikipe ya Rayon Sports, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Tierra Wright
Umusirikare w’u Rwanda , RDF, Sgt Sadiki Emmanuel ,wari umaze igihe afungiwe mu Burundi , yamaze kugarurwa mu gihugu .
Abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu batawe muri yombi bakekwaho kunyereza umutungo wagenewe gusana inzu z’abarokotse Jenoside.
Kalisa Adolphe 'Camarade' wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yamaze kujuririra icyemezo cyo kumufunga iminsi 30 y'agateganyo.
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko igihembo cy'ishimwe mu guteza imbere ubuzima bw'abagore aherutse guhabwa na FIGO, agitura abagore, abakobwa n'urubyiurko batera imbaraga umuryango wa Imbuto Foundation mu rugendo rwo kwiyubaka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwatashye Ikigo Nderabuzima cya Nyamagabe ijyanye n’icyerekezo yuzuye itwaye miliyoni 410 frw, bunagenera igikoma umubyeyi wa mbere wayibyariyemo.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yatangaje ko u Rwanda rwihaye intego y'uko mu 2030, byibura 50% by'imiryango y'impunzi ziba mu Rwanda bazaba babasha kwibeshaho badakeneye guhabwa inkunga cyangwa ubundi bufasha
Polisi ikorera mu karere ka Rulindo, yarashe umusore witwa Mbonyinshuti Eric, wagerageje kuyirwanya .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka