Inkuru Nshya

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka Isi yise 'Bwiza Home World Tour'
Ikigo Gishinzwe Amazi Isuku n'lsukura (WASAC Group) cyatangaje ko hari serivisi zayo zirimo n’izo gusaba amazi zigiye kujya zitangirwa ku rubuga rwa Irembo
Nyaminga w'u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomie yasangije ubutumwa bwihanangiriza abakoresha imbuga nkoranyambaga bamwibasira ku buzima bwe bwite bamubaza impamvu atarabyara
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA , yatangaje ko kuvuga neza ururimi rw'ikinyarwanda ari intangiriro y'ubutwari .
Ihuriro rya AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko nta gace rigenzura ubu riteganya kuvamo
Ku kicaro gikuru cy'Ingabo z'u Rwanda, ku wa 26 Mutarama 2026, habaye umuhango w'ihererekanyabubasha aho Brigadier General Godfrey Gasana yashyikirije ku mugaragaro Col Dan Gatsinzi inshingano z'Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko mu myaka itanu ishize, bwagabanyije ikibazo cy'igwingira mu bana aho kuri ubu rigeze kuri 32.7%.
Mu rwego rwo guha icyubahiro no gushimira umusanzu udasanzwe w'abantu bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, bamwe mu banyacyubahiro n'abayobozi bakuru bahawe impamyabumenyi z’ikirenga z'icyubahiro na Kaminuza Mpuzamahanga zitandukanye