Inkuru Nshya

Volleyball: APR VC mu nzira y’inzitane: Uko amakipe azesurana muri ⅛ cya Shampiyona Nyafurika

Nyanza:Umwarimu afunze azira kwiguriza amafaranga kuri telefone ya mugenzi we

Volleyball: Minisitiri Mukazayire yasabye abafana gushyigikira amakipe y’u Rwanda yerekeza muri 1/4

Mu Rwanda handitswe ishoramari rya miliyari 2,62$ mu mwaka wa 2025 

Urubanza rw’ubujurire rwa Sosthène Munyemana, umwe mu bakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, rwongeye kuburanishwa mu Rukiko rushinzwe gusubirishamo imanza i Paris mu Bufaransa.
Perezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi, yakirwa na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah Al-Sisi ku ngoro ya Al-Ittihadiya.
Ikigo cy'u Rwanda cy'ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera Rwanda Forensic Institute RFI cyatangaje ko kigiye kongera amashami yacyo hirya no hino mu gihugu, ndetse no hanze yacyo.
Bisa nkaho bimaze kumenyerwa ko iyo aba bombi batarwanye ngo baremane inguma biba ari ibidasanzwe
U Rwanda na Hongrie byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no guteza imbere siporo.
Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye kuri uwo mwanya nyuma yigitutu yari amaze igihe ashyirwaho n’Abadepite bo muri iki gihugu.
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi(MoYA), ifatanyije n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi,UNESCO,ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, bari gukora ibarura ry’abahanzi bo mu Rwanda.
Ku cyumweru tariki 21 Nzeri 2025 nibwo i Kigali mu Rwanda hatangiye Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , rikaba ari irushanwa ribereye ku mugabane wa Afurika ku nshuro ya mbere mu myaka 103 rimaze ribayeho.
Imirwano ikomeye yongeye kubura i Mpety muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo n’iza Alliance Fleuve Congo, AFC/M23.
Minisitiri w’Intebe ,Dr Nsengiyumva Justin,uri gusura uturere tw’Intara y’Amajyepfo, yeretswe inyungu yitezwe mu nyubako y’ubucuruzi, Huye Trading Company, izuzura itwaye miliyari zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka