Mu Kinyarwanda baravuga ngo "Iyimijwe n'ikaramu ntiramburura," bishatse kugaragaza ko ubumenyi buva mu ishuri ari inkingi ya mwamba y’ubuzima bwiza kandi bufite intego. Muri uru rugendo rwo kwiga, hari amashuri yanditse amateka mu burere n’uburezi mu Rwanda nka Lycée de Kigali
WASAC yatangaje ko imvura nyinshi yaguye mu mpera z'icyumweru ishize yatumye hahagarikwa by’agateganyo imirimo yo gutunganya amazi mu bigo bitatu biherereye mu turere twa Rubavu, Gicumbi na Nyagatare
MINAGRI ivuga ko igihembwe cy’ihinga cy’umuhindo kizatangirana n’umwaka wa kabiri wa NST2, kizakorwamo akazi kenshi hagamijwe kugera ku ntego Igihugu cyihaye yo kuzamura umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo ku kigero cya 50%
Urugendo rwa Dr. Sina Gerard, wiyubatse buhoro buhoro, abihereye ku bucuruzi buto bwo mu cyaro, akaza kugera ku rwego rwo hejuru nk’umwe mu baherwe 10 ba mbere mu Rwanda
Raporo ya Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA ivuga ko abantu batatu bitabye Imana, abandi 11 barakomereka kubera imvura nyinshi yaguye ku matariki ya 17-18 Kanama uyu mwaka
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga