Inkuru Nshya

Umuyobozi w'Umujyi wa Dakar muri Senegal, Mayor Abbas Fall, yatangaje ko yakozwe ku mutima n’amateka u Rwanda rwanyuzemo ariko yatewe ishema n’umuhate n’imbaraga by’Abanyarwanda mu kongera kwiyubakira nyuma y’aya mateka ashaririye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabajije amahanga umubare w’Abantu bazicwa kugira ngo babone ubwicanye leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikorera abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bo mu bice bitandukanye byo mu Burasirazuba bw’iki gihugu
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yahuye n’Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), Khaled El-Enany baganira ku buryo bwo kubungabunga amateka nk'inkingi yo kubaka amahoro arambye
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Gashyantare 2026, hazagwa imvura nyinshi ugereranyije n’iyari isanzwe igwa muri icyo gihe
Komiseri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi n’inkunga mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Hadja Lahbib, yahuye n'umuhuzabikorwa w'ihuriro rya AFC/M23 baganira ku buryo bwo kugeza inkunga y'ubutabazi mu bice bagenzura birimo intambara
Minisitiri w’Uburerezi, Nsengimana Joseph, yashimangiye ko uburezi bufite ireme ari inkingi y’iterambere n’umusemburo w’impinduka bityo ko bukwiye kwitabwaho hashyirwa imbaraga mu kongera ikoranabuhanga mu cyane cyane iry’Ubwenge Buhangano AI.
Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Gashyantare 2026, yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC),Veronica M. Nduva uri i Kigali mu nama yateguwe n’uyu muryango .
Inama ya karindwi y’Abayobozi b’Ingabo z' u Rwanda n' iza Uganda bakorera ku mipaka ihuza ibihugu byombi, yasojwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Gashyantare 2026, hafatwa ingamba zo gucunga imipaka hagamijwe kurwanya ibyaha bihakorerwa.
APR FC yanganyije na Police FC 1-1 mu mukino w'umunsi wa 21 wa shampiyona y'u Rwanda, abafaana bikoma umusifuzi.
Iyi nkuru igendereye kwigisha abantu uburyo bwiza bwo gutangira impera z'icyumweru mu mutuzo. Nta gushidikanya niba ukoresha karindari ya Grégoire, ikiruhuko cy'impera z'icyumweru "weekend" bimwe abato bakunze kwita kuryoshya wakigezemo

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka