Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengiyumva yibukije ko umwarimu ari inkingi ya mwamba mu burezi bw’u rwanda ashimangira ko ireme ry’uburezi , ubumenyi n’ubushobozi igihugu gikomeza kugeraho byubakiye ku mbaraga n’ubwitange bya mwarimu.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimiye imbaraga n'ubwitange bw’abakorerabushake mu iterambere ry'igihugu.
kigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda ,NISR, cyatangaje ko mu Ukwezi ku Ugushyingo 2025,ibiciro byiyongereyeho 7,2% ugereranyije n'Ugushyingo kwa 2024.
Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bw’Akarere yahererekanyije ububasha na Dr. Kayitesi Usta, wamusimbuye kuri uwo mwanya.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, mu Rwanda hatangiye inama ihuza abashoramari bo muri Afurika izwi nka “Africa’s Business Heroes”, iri kuba ku nshuro yayo ya karindwi.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga