Inkuru Nshya

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda na na Banki ya Standard Chartered yerekeye inguzanyo ya miliyoni 213 z’Ama-Euro ( arenga miliyoni 260$) igenewe gutera inkunga ingengo y’imari isanzwe na politiki yo guteza imbere imirimo idaheza kandi irambye mu Rwanda.
Umuhanzikazi France Mpundu n'umukunzi we Moctar bakomeje kugirira ibihe byiza muri Zanzibar aho bamaze iminsi mu biruhuko ndetse no gutembera iki gihugu.
Nyampinga wa Uganda 2023, Hannah Karema Tumukunde ukomoka ku mubyeyi umwe w'Umunyarwanda 'Mama' na Se w’Umunyankole yatsinzwe amatora
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu za mbere zatsinze izindi mpagararizi mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu yagaragaje uburyo hari abanyapolitiki banze politiki ya Habyarimana Juvenal wahoze ari perezida w’u Rwanda y’irondabwoko bagahitamo kumusezera bakamubwirako u Rwanda rutazigera ruyoborwa n’ubutegetsi bw’injumbure.
Patrick Nkulikiyimfura wari umaze igihe kinini ari Umuyobozi Mukuru wa Akagera Aviation, yitabye Imana ku Cyumweru tariki 12 Mata. Yari afite imyaka 57 y’amavuko.
Ku gicamunsi cyo ku Cyumweru, tariki ya 12 Mata 2026 abahanzi Bruce Melodie na The Ben basuye ndetse bunamira inzirakarengane ziruhukiye mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
Abahagarariye amadini n’amatorero n’abakuru b’imiryango gakondo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokrasi ya Congo bagaragaje ko mu gihe ntacyo umuryango mpuzamahanga wakora ngo uhagarike ibikorwa bya kinyamaswa bikomeje gukorerwa Abatutsi mu Burasirazuba bwa RDC ,naho hashobora kuzaba Jenoside nk’iyakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yagaragaje ko bitashoboka ko abanyarwanda bunga ubumwe batabanje kumenya amateka y’icyatumye busenyuka n’abagize uruhare mu kubusenya.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.