Inkuru Nshya

Ku bufatanye bwa Polisi n'Urwego rw'Ubugenzacyaha Polisi yatangaje ko hafashwe abantu batandatu bakekwaho gushuka urubyiruko babizeza kubafasha kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda igisigaje imikino itatu nyuma yo gushyira ikinyuranyo cy’amanota 14 hagati yayo na APR FC iyigwa mu ntege.
Imiryango n'inshuti za Karasira Aimable Uzaramba alias Prof. Nigga uheruka gutangazwa ko yitabye Imana ,umunsi wo kumuherekeza bwa nyuma wamenyekanye.
Ikigo United Capital Financial Services Rwanda Ltd cyahaye uruhushya Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) rwo gukora nka banki y’ishoramari ndetse ruhitamo u Rwanda nk’icyacaro cyayo muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati.
Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Rwanda
Umusore wo mu murenge wa Save mu karere ka Gisagara wakekwagaho gufata abagore ku ngufu, kwiba n'ibindi Polisi yamurashe arapfa
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu wageze i Kigali, aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum, itaganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyakoze impinduka mu masezerano yo kugurisha cyangwa gutanga ikinyabiziga nk’impano, aho hazajya hakoreshwa sisiteme y’iki kigo mu gukora amasezerano.
Polisi y’u Rwanda yashyikirije Hatangimana Jean de Dieu, amafaranga y’u Rwanda ibihumbi magana atanu (500,000 Frw)  yari yataye nyuma y’ibyumweru bibiri arangishwa.