Perezida Kagame Paul uri i Paris mu Bufaransa, yakurikiye umukino wa UEFA Champions League wahuje Paris Saint-Germain na Chelsea FC ku mugoroba wo ku wa gatatu tariki ya 11 Werurwe 2026.
Umuhanzikazi Bwiza , uri muri Suède aho yakoreye igitaramo ku wa Gatandatu tariki ya 07 Werurwe 2026, yishimiye gusura Inzu Ndangamurage y'aba Vikings iherereye i Stockholm muri Suède ahishura ko byari byiza cyane.
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka za Mozambique, Maj Gen André Rafael Mahunguane yashimye imbaraga zikomeje gushyirwa hamwe n’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba.
Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwumvikanye na Umukunzi Jeannine warezwe kwica umujyanama w'ubuzima witwa Drocella wari utuye ahazwi nko kuri mirongo ine (40) mu murenge wa Busasamana mu karere Nyanza