Inkuru Nshya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko kuva tariki ya 16 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2026  ibyoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 26,9 Frw.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi n'imigeri, yatawe muri yombi .
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye bw’ingabo n’abaturage (J9) mu Ingabo z’u Rwanda, Col Désiré Migambi Mungamba, yashishikarije abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru ry'Imyuga n'Ubumenyingiro rya Tumba, gukoresha ubumenyi bafite mu ikoranabuhanga mu guteza imbere igihugu
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi 25 b'ibigo n'imiryango itandukanye ku Isi, baganira ku rugendo rw’iterambere ry’u Rwanda mu myaka irenga 23 ishize
Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru by’umwihariko ku Rwanda
Rayon Sports yanganyije na Al Hilal SC igitego 1-1 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 19 wa Shampiyona y'u Rwanda
Kwikinisha ni igikorwa abagore cyangwa abagabo bakora bagamije kugira ibyiyumviro ndetse n’ibyishimo nk’iby'umuntu uri gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo badahuje igitsina yumva, ku buryo bamwe babisimbuza kuryamana n’abo bashakanye
Umubiligi De Clercq Matthijs ukinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda ya 2026, k'ibilometero 127,2 kava Karongi kerekeza Rubavu

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka