Dj Maphorisa ukomoka muri Afurika y’Epfo wamenyekanye mu kuvanga imiziki by’umwihariko mu njyana ya ‘Amapiano’ ategerejwe i Kigali mu gitaramo cya Fuego Fest
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu miryango ya EAC na SADC bitabiriye inama idasanzwe yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku itariki ya 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025, amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali azaba afunze n'abakozi ba Leta bagakorera mu rugo mu rwego rwo kurushaho kwakira neza Shampiyona y’Isi y’Amagare