kwibuka

Umuhanzi Alikiba wo muri Tanzania, yifatanyije n'Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ku cyicaro cy’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) ku Kacyiru, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 abanyamakuru n’abakozi b’icyahoze ari ORINFOR ndetse n’abandi bo mu bitangazamakuru bitandukanye bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umunyamakurukazi Evelyn Umurerwa ukorera RBA, yagaragaje intimba aterwa na Musaza we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ahishura ko amukunda cyane
Muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda  1994, hari Abatutsi benshi bishwe bajugunywa mu nzuzi n’imigezi itandukanye mu Rwanda, ibatembana iberekeza mu kiyaga cya Victoria gikora ku bihugu by’ibituranyi birimo Uganda.
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahekuye u Rwanda itwara ubuzima bw'abarenga miliyoni imwe barimo n'abari bakunzwe mu ruganda rw'ubuhanzi n'imikino
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mata 2026, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Justin Nsengiyumva, yifatanyije n’abatuye mu Ngororero District mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Mu Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, bakoze igikorwa cyo kwibuka abatutsi bishwe bakajugunywa mu migezi n’inzuzi zitandukanye zo mu Rwnada, zabatembanye ziberekeza mu kiyaga cya Victoria cyo muri iki gihugu.
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mata 2026 yageneye ubutumwa Se wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Taliki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugu. 
Umujyi wa Toronto muri Canada watangaje ku mugaragaro ko tariki ya 7 Mata 2026 ari umunsi mpuzamahanga wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka