Urugwiro

Botswana ni cyo gihugu cya mbere muri Afurika mu gucukura Diyama nyinshi ikaza ku mwanya wa kabiri ku Isi nyuma y’u Burusiya. Ni  iyambere kandi mu kugira diyama ifite ireme kurusha izindi ku Isi aho mu 2024 yanditse amateka yo kugira ikirombe cya kabiri ku Isi cyacukuwemo diyama nini ipima Karat 2,492.
Perezida Kagame yitabiriye umukino wa ½ cya UEFA Champions League wabereye kuri Stade ya Parc des Princes i Paris
Perezida wa repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko Afurika idakeneye ibintu bigoye kugira ngo itere imbere, ahubwo ko icyo ikeneye ari ikintu cyoroshye kandi gisobanutse aricyo kwiyitaho no gukorana n’abandi mu buryo butanga umusaruro
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda riyobowe na Xu Hui, Umuyobozi w’Ikigo cy’ishoramari cyo mu Bushinwa cya Rich Resource International Investments (RRII) akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Inama y’Ubutegetsi ya Chery Holding.
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’intumwa ziturutse mu Bwami bwa Asante bwo muri Ghana, ziyobowe n’igikomangoma Oheneba Yaw Otchere, gihagarariye Umwami w’Ubwami bwa Asante (Asantehene)
Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville, aho azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Sassou Nguesso wongeye gutorerwa kuyobora Repubulika ya Kongo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatanze imbabazi ku bantu batanu bari barahamijwe n’inkiko ibyaha binyuranye, nk’uko bigaragara mu Iteka rya Perezida ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Mata.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yishimiye intsinzi ya Ismail Omar Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti
Madamu Jeannette Kagame yashimangiye ko kwibuka atari igikorwa cyo kuzirikana gusa, ahubwo ko ari ukubaho no kuberaho abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda.