Perezida wa repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yakiriye Bola Ahmed Tinubu Perezida wa Repubulika ya Nigeria muri Village Urugwiro,banagirana ibiganiro byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na Nigeria
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026 Perezida Kagame yakiriye itsinda riyobowe na Perezida akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Elsewedy Electric, Ahmed Elsewedy aho yari kumwe n’Umuyobozi wa Sunrise Resorts & Cruises, Hossam El Shaer.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwiteze inyungu mu Nama ya ‘Africa Forward Summit’ iri kubera i Nairobi muri Kenya.
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko umubano uhuza Rwanda na Botswana udashingira gusa ku bushuti, ahubwo ushingiye ku ntego ihuriweho y’iterambere, ashimangira ko ari byo bituma ubufatanye bw’ibihugu byombi bugira ireme n’icyerekezo gifatika
Perezida Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi ibiri, aho yakiriwe na mugenzi we w’iki gihugu Perezida Duma Boko
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rugiye gushimira mu ruhame bamwe mu Banye-Tanzania bakoze ibikorwa by’ubutwari mu Rwanda, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Perezida Kagame yashimangiye ko Tanzania ari umufatanyabikorwa wingenzi ku Rwanda by'umwihariko mu rwego rw'ubucuruzi n'ubwikorezi bihuza u Rwanda n'amasoko Mpuzamahanga.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, ari mu ruzinduko rw'akazi mu gihugu cy'abaturanyi cya Tanzania, rugamije gukomeza umubano usanzwe uri hagati y'Ibihugu byombi.
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania kuri uyu wa 3 Gicurasi 2026, mu ruzinduko rw’umunsi umwe rugamije kongera imbaraga mu mubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga