Ku gicamunsi cyo kuri uyu kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n'Ubutwererane bwa Afurika y'Iburasirazuba wa Tanzania, Mahmoud Thabit Kombo.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko atumva uburyo umushinga wa ‘Muvumba Multipurpose Water Resources Development Program’ wari ugamije kuhira imyaka no kugeza amazi ku baturage bo mu karere ka Nyagatare wakozweho igice kimwe gusa
Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, Lee Rosenberg, Umuyobozi w’Icyubahiro w’Umuryango uhagarariye inyungu za Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, AIPAC.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga