Urugwiro

Perezida Kagame uri Baku muri muri Azerbaijan, yasuye Urwibutso rwa Alley of Honor, yunamira Heydar Aliyev, wabaye perezida wa gatatu w'iki gihugu na Zarifa Aliyeva wari umugore we.
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Baku, mu murwa mukuru wa Azerbaijan, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu
Perezida wa Repubulika ,Paul Kagame,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nzeri 2025, yagiriye uruzinduko rw’akazi  i Doha muri Qatar.  
Perezida Kagame yakiriye aba Ambasaderi bashya barimo Casper Stenger Jensen uhagarariye Denmark, Irene Vida Gala uhagarariye Brazil, Aurélie Royet‑Gounin uhagarariye Ubufaransa na Hanan AbdelAziz Elsaid Shahin uhagarariye Misiri
Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi Mukuru wa GGGI ku bufatanye mu guteza imbere ubukungu burambye burengera ibidukikije
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko 10% by’amafaranga akomoka mu bukerarugendo bwa Pariki y’Ibirunga agenerwa abaturage baturiye iyi pariki.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye abaje kwita abana b'ingagi amazina ku nshuro ya 20, barimo Intumwa yihariye ya Loni ku bijyanye n'umutekano wo mu muhanda Jean Todt, umunyabigwi wa Arsenal Mathieu Flamini n'umuyobozi w'Inama y'Ubutegetsi ya Marriot International, David S. Marriott
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko guteza imbere urwego rw'ubwikorezi bwo mu kirere ari inkingi ikomeye y’iterambere ry’ubukungu bwa Afurika
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Prosper Zo’o Minto’o, umuyobozi mukuru w’Ikigo cya ASECNA (Agency for Aerial Navigation Safety in Africa and Madagascar), gishinzwe gucunga umutekano w’indege mu kirere cya Afurika na Madagascar
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ifite ibintu byose kugira ngo ibashe kwiteza imbere no kwihaza mu biribwa, ahubwo abatuye uwo mugabane bakwiye guhindura imyumvire n’imikorere

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka