Ibyihariye

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku itariki ya 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025, amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali azaba afunze n'abakozi ba Leta bagakorera mu rugo mu rwego rwo kurushaho kwakira neza Shampiyona y’Isi y’Amagare
Urukiko rwa Gisirikare ruherereye rwatangiye kuburanisha abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, muri RCS n’abasivili, bakekwaho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo utagenewe
Dr. Aisa Kirabo Kacyira wayoboraga Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gutanga ubufasha muri Somalia (UNSOS), yitabye Imana azize uburwayi
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko agaciro k’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga kazikuba kabiri mu myaka itanu (2024-2029), kagere kuri miliyari 7.3$ kavuye kuri miliyari 3.1$
U Rwanda rumaze kuba ikimenyabose kubera umwihariko wo kuba isoko y’Ubukerarugendo, by'umwihariko ingagi zo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, zihuruza amahanga
Umujyi wa Rubavu nk'umwe mu yegereye umupaka uzakomeza gutezwa imbere wunganire Kigali, binyuze mu kuvugurura ibikorwa remezo, guteza imbere ubukerarugendo no kuzamura ubucuruzi
Isi yose iri guhangana n’ihindagurika ry’ibihe n’inzara, ari na ko abahanga bashyira imbaraga mu guharura inzira nshya zafasha mu gushaka ibisubizo birambye kuri ibi bibazo
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko igipimo rusange cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko cyazamutseho 7.3% muri Nyakanga 2025 ugereranyije na Nyakanga 2024
Pariki y'Akagera yatangaje ko yishimiye imyaka 10 ishize intare ziyigaruwemo nyuma y'imyaka hafi 20 zarazimiye, ubu zikaba zimaze kugera kuri 62