Perezida Kagame ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, yagiranye ibiganiro na Dr. Sidi Ould Tah, Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere,BAD.
Perezida Kagame yakiriye inyandiko za ba Ambasaderi bashya bagiye guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, barimo Ambasaderi w’u Buyapani n'uwa Leta ya Qatar
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahuye n’Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Eric Kneedler, bagirana ibiganiro byibanze no kumusezera ku myaka irenga itatu yari amaze akorera mu Rwanda
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga