Ibyihariye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze umudepite w’Umubiligi, wanditse ubutumwa busebya u Rwanda ko rutari rukwiye kwakira shampiyona y’Isi y’Amagare.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasuye umuhanda uri gukinirwamo isiganwa rya Formula 1 , Azerbaijan Grand Prix.
Ibihugu by’u Rwanda na Azerbaijan birateganya kugirana ubufatanye mu bijyanye n’Ubucuruzi bwa Peteroli n’ubw’amabuye y’agaciro.
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Baku, mu murwa mukuru wa Azerbaijan, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu
Minisitiri w'Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye abarangije amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza Ibidukikije (RICA), gufasha igihugu mu kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi binyuze mu guhinga bigezweho kandi hatangijwe ibidukikije, abasaba kuzanatanga serivisi nziza.
Minisitiri wa Siporo,Nelly Mukazayire yasabye Abanyarwanda kuza ku bwinshi kwakira ibirori by’amateka bya   Shampiyona y’Isi y’Amagare bigiye kubera mu Mujyi wa Kigali , mu Rwandano muri Afurika muri rusange
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere,RDB, rwasabye abaturiye Pariki y’Ubukerarugendo bubungabunga Ibidukikije ya Nyandungu, Nyandungu Eco Park-NEP, kuyibungabunga, birinda kuyoherezamo imyanda itandukanye.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe agaragaza ko kuba u Rwanda rwarakuriyeho Viza ibihugu bya Afurika na bimwe mu bihugu by'amahanga byongereye ba mukerarugendo n'abashoramari basura u Rwanda