Ibyihariye

Fatakumavuta yakeje Bruce Melodie, anenga The Ben

Amakipe yitabiriye CAVB Men’s Club Championship 2026 yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Volleyball: APR VC mu nzira y’inzitane: Uko amakipe azesurana muri ⅛ cya Shampiyona Nyafurika

Nyanza:Umwarimu afunzwe azira kwiguriza amafaranga kuri telefone ya mugenzi we

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw'iminsi itatu, yitabiriye ibiganiro bigamije kugaragaza amahirwe ibihugu byombi byakoranamo mu kwagura ishoramari, ubuhahirane no kubyaza umusaruro ubucuruzi n'ubukerarugendo bifitanye isano na siporo.
Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ziri mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru i Washington muri leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Muri iki gitondo, Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Diakhar Faye, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, yunamira inzirakarengane ziharuhukiye.
Perezida wa  Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yageze mu Rwanda   ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ukwakira 2025, yakirwa na mugenzi w’u Rwanda, Paul Kagame.
Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yibukije abarangije muri Kaminuza y’u Rwanda kuzirikana ko ari bo mbaraga z’igihugu, bagakoresha neza ubumenyi bahawe mu guteza imbere igihugu.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Kenya bari mu bihe by’akababaro k’itabaruka rya Raila Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu.
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), ku wa 14 Ukwakira 2025, rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gukora no gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu.
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko rwabashije kubyigobotora, rukagera ku iterambere ryifuzwa n’Abanyarwanda.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye inama y'Akanama Ngishwanama k'Umukuru w'Igihugu, PAC, yahuriyemo n'impuguke z’Abanyarwanda n’abanyamahanga mu kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka