Ibyihariye

Dr. Goodluck Jonathan wabaye Perezida wa Nigeria yavuze ko mu bihugu nk’u Rwanda, ikoranabuhanga ryafashije abahinzi kubona isoko no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere ariko byose bikeneye ishoramari rihamye
Perezida Kagame yavuze ku rugendo rw’ubuzima, aho yize mu nkambi y’impunzi kera akiri muto, bigoranye ariko ntibyamubuza kubona agaciro k’uburezi no kugira icyerekezo cyiza.