Niyigena Radjabu

Umunota

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, bahagarariye isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi, mu bijyanye n'Umutekano ndetse n'Ubucuruzi
Urukiko rwa Gisirikare rwanzuye ko abasivile 23 barimo Rugaju Reagan, Mucyo Antha Biganiro na Ishimwe Ricard, bakurikiranwa bari hanze
Uwavuga ko ijoro ryabaye rirerire ku muntu wese ufite aho ahuriye n'ikipe ya APR FC ntabwo yaba abeshye bitewe n'ibyabereye mu Nkera y'Abahizi yateguye, ibirori byagaragaye ku rwego rwo hasi cyane
Imyaka 28 irashize mu nkambi ya Mudende, hagabwe igitero kigahitana Abutsi b’Abanye-Congo bari muri iyi nkambi iherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda
Amakuru aravuga ko APR FC yaba yahinduye intekerezo isubira ku isoko ishaka umunyezamu, ni nyuma yo kutanyurwa n'imyitwarire ya Ishimwe Pierre mu mikino ya gicuti
Penaliti Niyigena Clement yahushije yatumye APR FC itsindwa na AS Kigali kuri penaliti 5-4 nyuma y'uko amakipe yombi yari yanganyije 1-1 mu irushanwa ribanziriza shampiyona ryateguwe na APR FC 'APR FC PRE-SEASON Tournament'
Muri Rayon Sports byongeye gusubira irudubi nyuma y'igihe havugwa ukutumvikana, kuvuguruzanya no kwinjirana mu nshingano hagati ya Komite Nyobozi iyobowe na Twagirayezu Thadée n'Urwego rw'Ikirenga (wagereranya n'Inama y'Ubutegetsi) rwa Muvunyi Paul
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko igiye gukurikirana ikibazo cya serivisi mbi zirimo izishingiye ku icuruzwa rya kawa ndetse n'iza resitora bitangirwa muri Stade Amahoro
Rutahizamu wa APR FC ukomoka muri Mauritania, Mamadou Sy yavuze ko intego ya mbere bafite uyu mwaka ari ugusezerera Pyramids FC muri Champions League
Perezida wa Kenya,Wiliam Ruto, yagennye ba Ambasaderi bahagarariye iki gihugu mu bindi bihugu birimo na RDC, mu bice bya Goma bigenzurwa n’umutwe wa M23