Mukwaya Olivier

Umunota

Nyuma y'umwaka urenga ikibuga cy'Indege cya Goma gifunze, kuri uyu wa Kane, Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ryahaye uburenganzira indege y'Intumwa idasanzwe ya Monusco, Vivian van de Perre, ugiye gukurikirana ibikorwa by'ishyirwaho ry'agahenge
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku ntambara imaze imyaka myinshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga u Rwanda atari rwo nyirayabazana w’ibibazo bihari, ndetse n'intambara iriyo itatangijwe n'u Rwanda, naba nyirubwite babizi
Ikipe ya Etincelles FC yatangaje ko yirukanye uwari umutoza wayo Masudi Djuma n’abungiriza be bose, ahita asimbuzwa Bizimana Abdou (Bekeni) wari usanzwe ushinzwe Tekinike muri iyi kipe
“Umwanzi ahora ku irembo kuko shitani aracyari umwami w’Isi. Ntitubikerense, akariho karavugwa, muzi ko dufite umuturanyi mu Majyaruguru y’igihugu cyacu utatubaniye neza, akaba ubu akomeza kuduhigira, akubita agatoki ku kandi”. Aya ni amwe magambo ya gashozantambara Perezida w’u Burundi Evaritse Ndayishimiye, yagiye atangaza ku Rwanda mu bihe bitandukanye
Ese uribuka igihe wari mu rukundo ukuntu ubwa wa muhanzi wari warahenganye uruhu n'uruhande? Ariko iby'abubu bo byarahindutse, hari ubwo ibyari urukundo bibabera umuravumba kubera isaba ry'amafaranga rya hato na hato
Abasirikare b'u Rwanda muri brigade ikora ibijyanye n’ubwubatsi , boherejwe muri Jamaica mu gutanga umusanzu wo gufasha iki gihugu gusana ibyangijwe n'umuyaga wiswe Melissa.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yanenze raporo iherutse gutangazwa, n’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yibasira umutwe wa AFC/M23 n'u Rwanda.
Bigoranye, Al Hilal Omdourman yanganyije na Marines FC ibitego 2-2, Kiyovu itsinda Rutsiro igitego 1-0 mu mikino y'umunsi wa 12 ya Shampiyona y'u Rwanda.