Raymond Tuyishimire

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Rayon Sports iri mu bihe biyikomereye, yanganyije na Al Merrikh SC, ibitego bibiri kuri bibiri, ( 2-2) mu mukino w'umunsi wa 15 wa Rwanda Premier league wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
Muneza Christophe uzwi mu muziki Nyarwanda ku izina Christopher, yatangaje ko yashenguwe n'urupfu rwa nyina umubyara, umaze imyaka itanu yitabye Imana.
Umunyarwanda niwe wavuze ngo gukunda ni byiza ariko bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda. Rimwe na rimwe uzumva bavuga ko urukundo nyarwo rutabaho mu byamamare, gusa akenshi usanga atari inkuru mbarirano kuko abitwa ibyamamare barambana muri urwo rukundo babarika
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 19 Mutarama 2026, nibwo inkuru y’akababaro ivuga ko Ferry Jean Pierre, Se wa Bruno Ferry umutoza Mukuru wa Rayon Sports yitabye Imana
Kuri uyu wa Mbere nibwo umuhanzi Bruce Melodie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko mu mpeshyi ya 2026 azafatanya na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe, “2026 Summer Country Tour”
Umukinnyi w'umupira, Uwacu Jean Bosco wakiniye amakipe arimo Atraco FC, APR FC na Police FC, yitabye Imana azize uburwayi
Mu myaka 16 ishize impaka z’umuhanzi wa mbere mu Rwanda zabaga zumvikanamo amazina abiri, Meddy na The Ben, hibazwa ngo ninde ufite ijwi ryiza, ninde wambara neza kurenza undi, ninde ukunzwe cyane n’ibindi byinshi
Niyo Bosco uri mu bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda yambikanye impeta y’urudashira na Mukamisha Irene, bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo
Niyitegeka Gratien umenyerewe ku amazina arimo Papa Sava, Seburikoko, Ngiga, Sekaganda n’andi menshi, yatangaje ko ageze ku murizo imyiteguro yo gushyira hanze filime nshya irangira yise “What a Day”